Ngororero: Abashinzwe imibereho myiza mu mirenge barasabwa kunoza raporo ku bibazi bibangamiye iterambere ry'abaturage (HSI)
Uyu munsi kuwa 30/10/2019 kuva 10h30 kugeza 16h30,Kuri Guest House y'Akarere ka Ngororero habereye inama yiga Ku bibazo bya Human security no gufatira hamwe ingamba zo kubikemura hanozwa imitangire ya rapport.
Inama yafunguwe VM/ FED Bwana Uwihoreye Patrick yasabye abitabiriye Inama kubanza kumva kimwe ibibazo bibangamiye imibereho myiza y’Abaturage, kubigira ibyacu , gukunda akazi no kwisuzuma buri munsi mu ibyo dukora byose biganisha mu gukemura ibibazo byugarije abaturage dushinzwe.
Inama yitabiriwe kandi na :
-Vice Mayor ASOC
-Umuyobozi w'ishami ry'ubuzima
-Umuyobozi w'ishami ry'iterambere ry'imibereho myiza y’Abaturage
-Umuyobozi w'ishami rya OSC
-Umukozi ushinzwe isuku n'isukura
Umukozi ushinzwe ECD
-Umukozi ushinzwe Ibarurishamibare
- Abakozi bashinzwe imibereho myiza y'abaturage
Nyuma yo kungurana ibitekerezo ku Ingingo zaganiriweho , hafashwe imyanzuro ikurikira:
-Kunoza neza Consolidated Profling report ya HSI kuva 10/2017 kugeza ubu
- Gukora neza Consolidated Progress ya HSI kuva mu Ukwa 10/2017 kugeza ubu
- Gutanga report y’Imihigo progress ifite n’amaphoto ku amazu n’ubwiherero
- Kuzajya hatangwa buri Ukwezi Stutus y’amazu arimo kubakirwa abatishoboye badafite aho kuba hagaragazwa amazu yuzuye , akeneye isakaro, ageze kuri charpente, ageze kuri Fondation , arimo gusizwa ndetse n’adafite ibibanza
-Kubahiriza amabwiriza Agena Inama Na Descente za HSI Ku urwego rw’Umurenge n’Akagali
-Gukora buri kwezi raport igaragaza muri rusange Ishusho ya HS Mu umurenge ( Raport synthetique)
- Mu ugukumira imirire mibi n’igwingira, hibukijwe gukurikirana imikorere ya Home Based ECD, ababyeyi bagakangurirwa kujyana abana babo mu ingo mbonezamikurire zo Mu Imidugudu
- Kubahiriza gutanga raport ya Home Based ECD igaragaza uko abana bitabira buri munsi iyo raport itangwa kuwa 1 w’icyumweru gikurikiyeho
- Gukomeza gufatanya n’Abafatanyabikorwa batandukanye mu ugukemura ibibazo bibangamiye imibereho myiza y’ Abaturage
-Imirenge yibukijwe kwihutisha gutanga ibikoresho byagenewe imiryango yahuye n'ibiza, isabwa gukorana inama n'abo bagenerwabikorwa kugirango bihutishe gukora ibyo basabwa, mu rwego rwo kugirango harebwe ibikoresho byasaguka bigakoreshwa muri HS
- Hanzuwe ko Abayobozi b’imirenge baha umwanya uhagije ba ASOC bakanoza neza rapports zavuzwe byaba ngombwa bagafashwa kugirango report zikorwe neza kandi zitangirwe igihe
-Raport uko ari 3 zizatangwa le 1/11/2109
Mu ugusoza Inama VM/ ASOC Mme MUKUNDUHIRWE Benjamine yasabye abitabiriye inama kunoza neza raporo zitangwa muri HS kandi zigatangirwa igihe mu ugukemura ibibazo kandi zikagaragaza ko koko hari aho tuva , tugeze kandi tugana aheza.
Mu rwego rwa gahunda y'Ijwi ry'Umuturage mu bimukorerwa, Umuyobozi w'Akarere Bwana NKUSI Christophe yakoreye mu Murenge wa Nyange aho yari kumwe…
Umuyobozi w’Akarere Bwana NKUSI Christophe ari kumwe n'Umuyobozi w'Akarere wungirije ushinzwe imibereho myiza y'abaturage Madamu Mukunduhirwe…
Uyu munsi habaye amahugurwa yerekeye ubutabazi bwihuse ku bagwiririwe b'ibiza yatanzwe n’itsinda riturutse muri Minisiteri ishinzwe Ibikorwa…
Itsinda rigizwe na Bwana KABANDA RUSANGIZA Jean Marie Vianney, Umukorerabushake mu rubyiruko ushinzwe Community Policing muri Minisiteri y’Ubutegetsi…
Umuyobozi w'Akarere Bwana NKUSI Christophe yayoboye inama nyunguranabitekerezo ngarukamwaka ihuza Ubuyobozi bw'Akarere n'Abikorera.
Inama yunguranye…
Umuyobozi w’Akarere Bwana NKUSI Christophe, afatanyije na Visi Meya ushinzwe Imibereho Myiza y’Abaturage, Madamu MUKUNDUHIRWE Benjamine yayoboye inama…
Umuyobozi w'Akarere Bwana NKUSIChristophe yayoboye inama yo gutangiza ku mugaragaro ibikorwa bya Veterinary Sanitary Mandate (VSM) mu Karere ka…
Mu mirenge yose Intore z' Inkomezabigwi icyiciro cya 13 bashoje ibikorwa by'urugerero rudaciye ingando bakoreye mu tugari mu gihe cy'iminsi 30.…
Umurenge wa Ngororero wegukanye ibikombe (gore, gabo) mu marushanwa y'Umurenge Kagame Cup 2026.Mu mikino y'umupira w'amaguru mu gice cy'rangiza ikipe…