Ngororero: Abashinzwe imibereho myiza mu mirenge barasabwa kunoza raporo ku bibazi bibangamiye iterambere ry'abaturage (HSI)
Uyu munsi kuwa 30/10/2019 kuva 10h30 kugeza 16h30,Kuri Guest House y'Akarere ka Ngororero habereye inama yiga Ku bibazo bya Human security no gufatira hamwe ingamba zo kubikemura hanozwa imitangire ya rapport.
Inama yafunguwe VM/ FED Bwana Uwihoreye Patrick yasabye abitabiriye Inama kubanza kumva kimwe ibibazo bibangamiye imibereho myiza y’Abaturage, kubigira ibyacu , gukunda akazi no kwisuzuma buri munsi mu ibyo dukora byose biganisha mu gukemura ibibazo byugarije abaturage dushinzwe.
Inama yitabiriwe kandi na :
-Vice Mayor ASOC
-Umuyobozi w'ishami ry'ubuzima
-Umuyobozi w'ishami ry'iterambere ry'imibereho myiza y’Abaturage
-Umuyobozi w'ishami rya OSC
-Umukozi ushinzwe isuku n'isukura
Umukozi ushinzwe ECD
-Umukozi ushinzwe Ibarurishamibare
- Abakozi bashinzwe imibereho myiza y'abaturage
Nyuma yo kungurana ibitekerezo ku Ingingo zaganiriweho , hafashwe imyanzuro ikurikira:
-Kunoza neza Consolidated Profling report ya HSI kuva 10/2017 kugeza ubu
- Gukora neza Consolidated Progress ya HSI kuva mu Ukwa 10/2017 kugeza ubu
- Gutanga report y’Imihigo progress ifite n’amaphoto ku amazu n’ubwiherero
- Kuzajya hatangwa buri Ukwezi Stutus y’amazu arimo kubakirwa abatishoboye badafite aho kuba hagaragazwa amazu yuzuye , akeneye isakaro, ageze kuri charpente, ageze kuri Fondation , arimo gusizwa ndetse n’adafite ibibanza
-Kubahiriza amabwiriza Agena Inama Na Descente za HSI Ku urwego rw’Umurenge n’Akagali
-Gukora buri kwezi raport igaragaza muri rusange Ishusho ya HS Mu umurenge ( Raport synthetique)
- Mu ugukumira imirire mibi n’igwingira, hibukijwe gukurikirana imikorere ya Home Based ECD, ababyeyi bagakangurirwa kujyana abana babo mu ingo mbonezamikurire zo Mu Imidugudu
- Kubahiriza gutanga raport ya Home Based ECD igaragaza uko abana bitabira buri munsi iyo raport itangwa kuwa 1 w’icyumweru gikurikiyeho
- Gukomeza gufatanya n’Abafatanyabikorwa batandukanye mu ugukemura ibibazo bibangamiye imibereho myiza y’ Abaturage
-Imirenge yibukijwe kwihutisha gutanga ibikoresho byagenewe imiryango yahuye n'ibiza, isabwa gukorana inama n'abo bagenerwabikorwa kugirango bihutishe gukora ibyo basabwa, mu rwego rwo kugirango harebwe ibikoresho byasaguka bigakoreshwa muri HS
- Hanzuwe ko Abayobozi b’imirenge baha umwanya uhagije ba ASOC bakanoza neza rapports zavuzwe byaba ngombwa bagafashwa kugirango report zikorwe neza kandi zitangirwe igihe
-Raport uko ari 3 zizatangwa le 1/11/2109
Mu ugusoza Inama VM/ ASOC Mme MUKUNDUHIRWE Benjamine yasabye abitabiriye inama kunoza neza raporo zitangwa muri HS kandi zigatangirwa igihe mu ugukemura ibibazo kandi zikagaragaza ko koko hari aho tuva , tugeze kandi tugana aheza.
Inteko Rusange y’Inama y’Igihugu y’Urubyiruko yateranye ku nsanganyamatsiko igira iti: “Uruhare rw’urubyiruko mu kubaka ejo hazaza h’u Rwanda.”
Yafungu…
Ubuyobozi n’abakozi ba Komisiyo y’Igihugu y’Amatora (NEC) bagabiye inka umunani zifite agaciro ka miliyoni 10 (10,000,000 frws) imiryango y’abarokotse…
Inama yo guhuza ibikorwa byo gukumira no kurwanya indwara y’Ubushita bwo mu Kibaya cya Rift (Rift Valley Fever – RVF) yabereye mu Karere ka Ngororero,…
Habaye inama kuri Gahunda y’Akarere yo Kurandura Imirire Mibi, iyoborwa n’Umuyobozi Wungirije w’Akarere ushinzwe Imibereho Myiza y’Abaturage, Madamu…
Habaye inama ya komite mpuzabikorwa y’Akarere yabereye kuri Sitade y’Akarere ifite insanganyamatsiko igira iti: “Imiyoborere Myiza ishingiye ku…
Mu Murenge wa Ngororero no ku ruganda rw’icyayi rwa RUBAYA ruri mu Murenge wa Muhanda, itsinda riyobowe na Visi Meya Mukunduhirwe Benjamine bakoze…
Visi Meya ushinzwe Iterambere ry’Ubukungu, Bwana Patrick UWIHOREYE, afatanyije n’Umuyobozi wa OSC, basuye Umurenge wa Matyazo bagirana ibiganiro…
Habaye inama y’Itsinda rishinzwe gukurikirana ibibazo bikibangamiye imibereho myiza y’abaturage (HSI Task Force) ku rwego rw’Akarere, iyobowe na Meya…
Kuri Stade y'Akarere ka Ngororero hasojwe imurikabikorwa ry'iminsi 3 ry'abafanyabikorwa bibumbiye muri JADF ISANGANO.
Ibyaranze igikorwa:
-…