Ngororero; Abanyeshuli bishimiye "'fresheri mu mashuli"

Uyu munsi mu Karere ka Ngororero, kimwe n'ahandi mu gihugu, hatangijwe ubukangurambaga bwa #FresheriKuIshuri bugamije guteza imbere umuco w’isuku n’isukura uhoraho mu mashuli. Umuyobozi w'Akarere Bwana NKUSI Christophe yatangije ubu bukangurambaga mu murenge wa Nyange mu kigo cy'amashuli cya ES NYANGE aho yasabye abanyeshuri n'abarezi  kwimakaza #IsukuHose .
Meya Nkusi: “Isuku si iy'umunsi umwe, ni umuco. Ishuri ni isoko y’ubuzima, umunyeshuri usa neza, woze kandi wambaye neza atekereza neza.”
Ubu bukangurambaga bwatangijwe  mu mashuri yose hirya no hino mu mirenge ku
nsanganyamatsiko  igira iti: <<Isuku impereho Isuku ibe umuco>>
Ibyaranze iki gikorwa:

- Gutera ibiti by'imbuto ziribwa;
- Umuganda w'isuku hatunganwa ubusitani(gukata no guharura ibyatsi)
- Ikinamico zimakaza umuco w'isuku mu mashuli; no mu ngo
- Umuvugo wimakaza Isuku n'isukura hagamijwe guhindura imyumvire itari myiza
- Ubutumwa  bwerekeye isuku n'isukura.
Hateganijwe amarushanwa n'ibikorwa by'udushya mu mashuli.
Umuyobozi w'Akarere wungirije ushinzwe imibereho myiza y'abaturage Madame MUKUNDUHIRWE Benjamine yayoboye iki gikorwa mu murenge wa Kabaya aho yahuje ibigo bya Nahuje ibigo bya  GSs Saint  Raphael, Saint Dominique na GS Ibuka.

Iki gikorwa. cy'ubukangurambaga bwa fresheri mu mashuli bwishimiwe nn'abanyeshuli n'abalimu kuko buzatuma isuku iba umuco kuri buri wese n'ahantu hose


Umurenge wa Nyange: CLADHO yasuye WASH and Nutrition Club yo muri GS Nyange

Mu rwego rwa gahunda y'Ijwi ry'Umuturage mu bimukorerwa, Umuyobozi w'Akarere Bwana NKUSI Christophe yakoreye mu Murenge wa Nyange aho yari kumwe…

Read more →

Ngororero: Abana bataye ishuli bagomba kurigarukamo bitarenze tariki 2/03/2026

Umuyobozi w’Akarere Bwana NKUSI Christophe ari kumwe n'Umuyobozi w'Akarere  wungirije ushinzwe imibereho myiza y'abaturage Madamu Mukunduhirwe…

Read more →

Ngororero: MINEMA yatanze amahugurwa yerekeye butabazi bwihuse

Uyu munsi habaye amahugurwa yerekeye ubutabazi bwihuse ku bagwiririwe b'ibiza yatanzwe n’itsinda riturutse muri Minisiteri ishinzwe Ibikorwa…

Read more →

Ngororero: Inkomezabigwi zubatse igikoni cy'ishuli kijyanye n'igihe

Itsinda rigizwe na Bwana KABANDA RUSANGIZA Jean Marie Vianney, Umukorerabushake mu rubyiruko ushinzwe Community Policing muri Minisiteri y’Ubutegetsi…

Read more →

Ngororero: abanyamuryango ba PSF bihaye ukwezi bakaba barangije kwishyura imisanzu.

Umuyobozi w'Akarere Bwana NKUSI Christophe yayoboye inama  nyunguranabitekerezo ngarukamwaka ihuza Ubuyobozi bw'Akarere n'Abikorera.
Inama yunguranye…

Read more →

Ngororero: Ibibazi bikibangamiye imibereho myiza y'abaturage bikomeje gushakirwa ibisubuizo

Umuyobozi w’Akarere Bwana NKUSI Christophe, afatanyije na Visi Meya ushinzwe Imibereho Myiza y’Abaturage, Madamu MUKUNDUHIRWE Benjamine yayoboye inama…

Read more →

Ngororero: Abaveterineri biyemeje gushyira umworozi ku isonga

Umuyobozi w'Akarere  Bwana NKUSIChristophe yayoboye inama yo gutangiza ku mugaragaro ibikorwa bya Veterinary Sanitary Mandate (VSM) mu Karere ka…

Read more →

Umurenge wa Kabaya: "Ikinyarwanda ni ururimi ruduhuza tukivuge, tucyandike neza"- Guverineri Ntibitura

Mu mirenge yose Intore z' Inkomezabigwi icyiciro cya 13 bashoje ibikorwa by'urugerero rudaciye ingando bakoreye mu tugari mu gihe cy'iminsi 30.…

Read more →

Umurenge wa Ngororerowegukanye ibikombe 2 (gore, gabo) mu marushanwa y'UCP

Umurenge wa Ngororero wegukanye ibikombe (gore, gabo) mu marushanwa y'Umurenge Kagame Cup 2026.Mu mikino y'umupira w'amaguru mu gice cy'rangiza ikipe…

Read more →
-->