Ngororero: abana bitegura kugaragaza impano muri siporo bakomeje kuganirizwa
Gahunda ya Isonga National Sports Talent Week ikomeje kugenda neza mu Kigo cya TTC Muramba, aho ku munsi wa kabiri, abana bitabiriye ibikorwa bitandukanye bigamije kubafasha guteza imbere impano zabo mu mikino itandukanye.
hatanzwe ikiganiro cyibanze ku ndangagaciro ziranga umu-athlete mu kubaka u Rwanda binyuze muri siporo, cyatanzwe n’Umutoza Tunezerwe Frederic.
Iki kiganiro cyitabiriwe n'abana 165/182 ndetse n’intumwa ya Ministeri ya Siporo, abakozi b’Akarere barimo Madamu MUSABYINGABIRE Pétronille ushinzwe amashuri yisumbuye, ay’imyuga n’ubumenyingiro, n’Umukozi ushinzwe ibikorwa by’Itorero Bwana Ishema Jules.
Abana bakomeje gukora imyitozo mu mikino inyuranye, mu rwego rwo gukomeza kuzamura impano zabo no kubatoza indangagaciro z’ubunyarwanda, uburere mboneragihugu n’imyitwarire myiza.
Gahunda ikomeje kugenda neza, kandi irimo gutanga icyizere cy’umusaruro mwiza mu rubyiruko.
Inteko Rusange y’Inama y’Igihugu y’Urubyiruko yateranye ku nsanganyamatsiko igira iti: “Uruhare rw’urubyiruko mu kubaka ejo hazaza h’u Rwanda.”
Yafungu…
Ubuyobozi n’abakozi ba Komisiyo y’Igihugu y’Amatora (NEC) bagabiye inka umunani zifite agaciro ka miliyoni 10 (10,000,000 frws) imiryango y’abarokotse…
Inama yo guhuza ibikorwa byo gukumira no kurwanya indwara y’Ubushita bwo mu Kibaya cya Rift (Rift Valley Fever – RVF) yabereye mu Karere ka Ngororero,…
Habaye inama kuri Gahunda y’Akarere yo Kurandura Imirire Mibi, iyoborwa n’Umuyobozi Wungirije w’Akarere ushinzwe Imibereho Myiza y’Abaturage, Madamu…
Habaye inama ya komite mpuzabikorwa y’Akarere yabereye kuri Sitade y’Akarere ifite insanganyamatsiko igira iti: “Imiyoborere Myiza ishingiye ku…
Mu Murenge wa Ngororero no ku ruganda rw’icyayi rwa RUBAYA ruri mu Murenge wa Muhanda, itsinda riyobowe na Visi Meya Mukunduhirwe Benjamine bakoze…
Visi Meya ushinzwe Iterambere ry’Ubukungu, Bwana Patrick UWIHOREYE, afatanyije n’Umuyobozi wa OSC, basuye Umurenge wa Matyazo bagirana ibiganiro…
Habaye inama y’Itsinda rishinzwe gukurikirana ibibazo bikibangamiye imibereho myiza y’abaturage (HSI Task Force) ku rwego rw’Akarere, iyobowe na Meya…
Kuri Stade y'Akarere ka Ngororero hasojwe imurikabikorwa ry'iminsi 3 ry'abafanyabikorwa bibumbiye muri JADF ISANGANO.
Ibyaranze igikorwa:
-…