Ngororero: abafite ubumuga barashimira Leta inkunga bahabwa
Umunsi mpuzamahanga w'abafite ubumuga wizihirijwe mu murenge wa Ndaro mu kagali ka Bijyojyo. Insanganyamatsiko iragira iti: "Ejo hazira inzitizi ku bantu bafite ubumuga.

Waranzwe n' ibiganiro, imbyino n'imivugo n'amakinamico byerekezaga ku burenganzira bw'abafite ubumuga. By'umwihariko intumwa ya komisiyo y'igihugu y'uburenganzira bwa muntu Mukabatsinda Christine yashimangiye ko abafite ubumuga ko bafite uburenganzira busesuye mu bice byose by 'ubuzima bw'igihugu nta numwe uhejwe. Yibukije buri wese ko ufite ubumuga azira kwigizwayo ko ahubwo akwiye kwitabwaho by'umwihariko.
Uwafashe ijambo mu mwanya w'abafte ubumuga Hakijziimana Leonard yashimiye Leta y'u Rwanda uburyo ibitaho, ko bahagarariwe mu nzego z'ubuyobozi kandi ko bagenerwa ingengo y'imari yo kubasha mw'itrembere. Yashimiye abafatanyabikrwa nka NUDOR ,THT
NECPD , Hope and Home for the Children n'abandi. Iyi Hope & Hime for the Children yatanze inkunga ya 2,800,000 frws. Bwana Hakizimana yanavuze ku nzitizi nk'ababyeyi bagihisha abana bafite ubumuga. Abana bafite ubumuga bwo kutabona, kutumva , kutavuga bakeneye uburezi bwihariye. Inyunganirangngo n'insimburangingo biracyakenewe na benshi.

Umushyitsi mukuru yari umuyobozi w'Akarere wungirije ushinzwe imibereho myiza y'abaturage Madame Mukunduhirwe Benjamine. Yasezeranije abafite ubumuga ko ubuyobozi bw' Akarere buzabahora hafi mw'iterambere kandi ko buzakomeza kwesa umuhigo wo kubunganira mu byo bakeneye. Yongeye kubashishikariza kwibumbira mu makoperative bwo buryo bwo kugera kw'iterambere ryihuse.
Mu karere ka Ngororero harabarurwa abafte ubumuga bagera ku 7300.
Mu rwego rwa gahunda y'Ijwi ry'Umuturage mu bimukorerwa, Umuyobozi w'Akarere Bwana NKUSI Christophe yakoreye mu Murenge wa Nyange aho yari kumwe…
Umuyobozi w’Akarere Bwana NKUSI Christophe ari kumwe n'Umuyobozi w'Akarere wungirije ushinzwe imibereho myiza y'abaturage Madamu Mukunduhirwe…
Uyu munsi habaye amahugurwa yerekeye ubutabazi bwihuse ku bagwiririwe b'ibiza yatanzwe n’itsinda riturutse muri Minisiteri ishinzwe Ibikorwa…
Itsinda rigizwe na Bwana KABANDA RUSANGIZA Jean Marie Vianney, Umukorerabushake mu rubyiruko ushinzwe Community Policing muri Minisiteri y’Ubutegetsi…
Umuyobozi w'Akarere Bwana NKUSI Christophe yayoboye inama nyunguranabitekerezo ngarukamwaka ihuza Ubuyobozi bw'Akarere n'Abikorera.
Inama yunguranye…
Umuyobozi w’Akarere Bwana NKUSI Christophe, afatanyije na Visi Meya ushinzwe Imibereho Myiza y’Abaturage, Madamu MUKUNDUHIRWE Benjamine yayoboye inama…
Umuyobozi w'Akarere Bwana NKUSIChristophe yayoboye inama yo gutangiza ku mugaragaro ibikorwa bya Veterinary Sanitary Mandate (VSM) mu Karere ka…
Mu mirenge yose Intore z' Inkomezabigwi icyiciro cya 13 bashoje ibikorwa by'urugerero rudaciye ingando bakoreye mu tugari mu gihe cy'iminsi 30.…
Umurenge wa Ngororero wegukanye ibikombe (gore, gabo) mu marushanwa y'Umurenge Kagame Cup 2026.Mu mikino y'umupira w'amaguru mu gice cy'rangiza ikipe…