Ngororero: ababyeyi barasabwa gushyigikira abana mu kwimakaza umuco wo gusoma
Mu murenge wa Ngororero ku kigo cy'amashuri cya Rususa saa tanu habaye ibirori byo gutangiza umwaka wo gusoma ufite insanganyamatsiko igira iti "Mumpe urubuga nsome". Ibi birori byari bihagarariwe n'umuyobozi w'akarere wungirije ushinzwe imibereho myiza y'abaturage Madamu MUKUNDUHIRWE Benjamine. Hari kandi n'intumwa ya MINEDUC, Bwana HARINDINTWARI Donat. Hatanzwe ibihembo ku banyeshuri batsinze amarushanwa ya Andika Rwanda umwaka wa 2019.
Ababyeyi n'abana bashishikarijwe gusoma no kwandika neza, ababyeyi n'abarezi banasabwa guhorahafi y'abana babakundisha umuco wo gusoma
AMWE MU MAFOTO YARANZE UMUNSI WO GUTANGIZA UMWAKA WO GUSOMA


Bamwe mu bana bahize abandi bahawe ibihembo


Vice Mayor Asoc Madame Mukunduhirwe Benjamine ageza ijambo ku bitabiiriye umunsi
Mu rwego rwa gahunda y'Ijwi ry'Umuturage mu bimukorerwa, Umuyobozi w'Akarere Bwana NKUSI Christophe yakoreye mu Murenge wa Nyange aho yari kumwe…
Umuyobozi w’Akarere Bwana NKUSI Christophe ari kumwe n'Umuyobozi w'Akarere wungirije ushinzwe imibereho myiza y'abaturage Madamu Mukunduhirwe…
Uyu munsi habaye amahugurwa yerekeye ubutabazi bwihuse ku bagwiririwe b'ibiza yatanzwe n’itsinda riturutse muri Minisiteri ishinzwe Ibikorwa…
Itsinda rigizwe na Bwana KABANDA RUSANGIZA Jean Marie Vianney, Umukorerabushake mu rubyiruko ushinzwe Community Policing muri Minisiteri y’Ubutegetsi…
Umuyobozi w'Akarere Bwana NKUSI Christophe yayoboye inama nyunguranabitekerezo ngarukamwaka ihuza Ubuyobozi bw'Akarere n'Abikorera.
Inama yunguranye…
Umuyobozi w’Akarere Bwana NKUSI Christophe, afatanyije na Visi Meya ushinzwe Imibereho Myiza y’Abaturage, Madamu MUKUNDUHIRWE Benjamine yayoboye inama…
Umuyobozi w'Akarere Bwana NKUSIChristophe yayoboye inama yo gutangiza ku mugaragaro ibikorwa bya Veterinary Sanitary Mandate (VSM) mu Karere ka…
Mu mirenge yose Intore z' Inkomezabigwi icyiciro cya 13 bashoje ibikorwa by'urugerero rudaciye ingando bakoreye mu tugari mu gihe cy'iminsi 30.…
Umurenge wa Ngororero wegukanye ibikombe (gore, gabo) mu marushanwa y'Umurenge Kagame Cup 2026.Mu mikino y'umupira w'amaguru mu gice cy'rangiza ikipe…