Ngororero: ababyeyi bakomeje gukangurirwa kuboneza urubyaro

 Kuwa 03/08/2020, ku isoko rya Gatega mu kagali ka Gatega,habaye igikorwa cyo gutangiza ubukangurambaga bwo kuboneza urubyaro ku bufatanye bw'Akarere n'Imbuto Foundation.
Ni Igikorwa cyatangijwe n'umuyobozi w'ishami ry'ubuzima mu karere ka Ngororero Madame Mukamana Soline  wari uhagarariye ubuyobozi bw’Akarere wari kumwe n'umuyobozi w'ibitaro bya Kabaya Dr.NTIRENGANYA Emmanuel.
Iki gikorwa cyatangiye kuwa 3/8/2020 kizarangira taliki 28/08/2020.
Ubu bukangurambaga  kandi bwitabiriwe  n'abayobozi b'ibigo nderabuzima bikorera muri zone y'ibitaro bya Kabaya, abakozi b'ibitaro bya Kabaya, umukozi ushinzwe ubuzima n'isuku mu murenge wa Hindiro, ushinzwe ibikorwa by'abajyanama b'ubuzima kuri CS Muramba n'abajyanama b'ubuzima.
Abitabiriye bigishijwe:
uburyo butandukanye bwo kuboneza urubyaro
Akamaro ko Kuboneza urubyaro
 Kwirinda Covid-19
kwita ku mirire y'abana(Gutegura indyo yuzuye)
Kwishyura Ubwisungane mu kwivuza.

Nyuma  ababyifuza bahawe service yo kuboneza urubyaro,12 bahise baboneza, 15 baje kubaza ibibazo bitandukanye bahabwa inama.

Umuyobozi w'isahami ry'ubuzima aragaragaza uko  abaturage bitabiriye kuboneza urubyaro kugeza kuwa 30/6/2020

 

 

 

Umurenge

Abagore baboneje urubyaro kugeza  Kamena2020

Abagore bari bategerejwe kuboneza urubyaro kugeza Kamena 2020.

(imyaka15-49)

   ijanisha %                                                                                                                                                                                                                                                                                                                
BWIRA 2496 5097.8 49.0
GATUMBA 4298 6328.6 67.9
HINDIRO 4618 6502.3 71.0
KABAYA 3124 9019 34.6
KAGEYO 2821 6067.3 46.5
KAVUMU 4233 7359 57.5
MATYAZO 2313 6807.9 34.0
MUHANDA 3349 7567.1 44.3
MUHORORO 5225 5771.9 90.5
NDARO 2855 6070.2 47.0
NGORORERO 4295 9502.1 45.2
NYANGE 2630 5919.6 44.4
SOVU 2886 7313.9 39.5
Total/Akarere 45143 89326.7 50.5

Umurenge wa Nyange: CLADHO yasuye WASH and Nutrition Club yo muri GS Nyange

Mu rwego rwa gahunda y'Ijwi ry'Umuturage mu bimukorerwa, Umuyobozi w'Akarere Bwana NKUSI Christophe yakoreye mu Murenge wa Nyange aho yari kumwe…

Read more →

Ngororero: Abana bataye ishuli bagomba kurigarukamo bitarenze tariki 2/03/2026

Umuyobozi w’Akarere Bwana NKUSI Christophe ari kumwe n'Umuyobozi w'Akarere  wungirije ushinzwe imibereho myiza y'abaturage Madamu Mukunduhirwe…

Read more →

Ngororero: MINEMA yatanze amahugurwa yerekeye butabazi bwihuse

Uyu munsi habaye amahugurwa yerekeye ubutabazi bwihuse ku bagwiririwe b'ibiza yatanzwe n’itsinda riturutse muri Minisiteri ishinzwe Ibikorwa…

Read more →

Ngororero: Inkomezabigwi zubatse igikoni cy'ishuli kijyanye n'igihe

Itsinda rigizwe na Bwana KABANDA RUSANGIZA Jean Marie Vianney, Umukorerabushake mu rubyiruko ushinzwe Community Policing muri Minisiteri y’Ubutegetsi…

Read more →

Ngororero: abanyamuryango ba PSF bihaye ukwezi bakaba barangije kwishyura imisanzu.

Umuyobozi w'Akarere Bwana NKUSI Christophe yayoboye inama  nyunguranabitekerezo ngarukamwaka ihuza Ubuyobozi bw'Akarere n'Abikorera.
Inama yunguranye…

Read more →

Ngororero: Ibibazi bikibangamiye imibereho myiza y'abaturage bikomeje gushakirwa ibisubuizo

Umuyobozi w’Akarere Bwana NKUSI Christophe, afatanyije na Visi Meya ushinzwe Imibereho Myiza y’Abaturage, Madamu MUKUNDUHIRWE Benjamine yayoboye inama…

Read more →

Ngororero: Abaveterineri biyemeje gushyira umworozi ku isonga

Umuyobozi w'Akarere  Bwana NKUSIChristophe yayoboye inama yo gutangiza ku mugaragaro ibikorwa bya Veterinary Sanitary Mandate (VSM) mu Karere ka…

Read more →

Umurenge wa Kabaya: "Ikinyarwanda ni ururimi ruduhuza tukivuge, tucyandike neza"- Guverineri Ntibitura

Mu mirenge yose Intore z' Inkomezabigwi icyiciro cya 13 bashoje ibikorwa by'urugerero rudaciye ingando bakoreye mu tugari mu gihe cy'iminsi 30.…

Read more →

Umurenge wa Ngororerowegukanye ibikombe 2 (gore, gabo) mu marushanwa y'UCP

Umurenge wa Ngororero wegukanye ibikombe (gore, gabo) mu marushanwa y'Umurenge Kagame Cup 2026.Mu mikino y'umupira w'amaguru mu gice cy'rangiza ikipe…

Read more →
-->