Muhanda sector: Akagari ka Mashya ku rugero rw'100% mu kugira ubwiherero bwujuje ibyangombwa

Umukozi wa SFH Umuhuza asobanura ubwiherero bwujuje ibyangombwa
Mu karere ka Ngororero Ubwihererero bwujuje ibyangombwa buri ku kigero cya 98%, akagari ka Mashya ko mu murenge wa Muhanda kageze ku 100 %. Ubwiherero bwujuje ibyangombwa bugomba kuba bucukuye neza, bwubakiye, busakaye, butinze ku buryo amasazi atinjiramo, bukinze kandi bupfundikiye. Akarere ka Ngororero kaza mu myanya y'imbere ku bijyanye n'isuku n'isukura.
Byatangajwe na UNICEF ibinyujije muri Society for Family Health (SFH) kuri uyu wa 6/11/2019 mu nama yahuje abakozi ba SFH n'umuyobozi w'akarere Bwana Ndayambaje Godefroid, Umuyobozi w’Akarere wungirije Ushinzwe Imibereho myiza y'abaturage madame Mukunduhirwe Benjamine, abakuriye inzego z'umutekano ku karere, abashinzwe imibereho myiza y'abaturage mu mirenge n'abashinzwe Iterambere mu tugari (SEDOs ).

Mayor Ndayambaje ashimira ubufatanye bwa SFH
Ku ruhande rwa SFH hari JMV Rutaganda ushinzwe isuku n'isukura muri UNICEF, Heather Moran consultant muri UNICEF na Muhuza Imelda ushinzwe programmes muri UNICEF
Mayor Ndayambaje yashimiye SFH uburyo yateye inkunga Akarere mu kubaka ubwiherero bwujuje ibyangombwa.
Inteko Rusange y’Inama y’Igihugu y’Urubyiruko yateranye ku nsanganyamatsiko igira iti: “Uruhare rw’urubyiruko mu kubaka ejo hazaza h’u Rwanda.”
Yafungu…
Ubuyobozi n’abakozi ba Komisiyo y’Igihugu y’Amatora (NEC) bagabiye inka umunani zifite agaciro ka miliyoni 10 (10,000,000 frws) imiryango y’abarokotse…
Inama yo guhuza ibikorwa byo gukumira no kurwanya indwara y’Ubushita bwo mu Kibaya cya Rift (Rift Valley Fever – RVF) yabereye mu Karere ka Ngororero,…
Habaye inama kuri Gahunda y’Akarere yo Kurandura Imirire Mibi, iyoborwa n’Umuyobozi Wungirije w’Akarere ushinzwe Imibereho Myiza y’Abaturage, Madamu…
Habaye inama ya komite mpuzabikorwa y’Akarere yabereye kuri Sitade y’Akarere ifite insanganyamatsiko igira iti: “Imiyoborere Myiza ishingiye ku…
Mu Murenge wa Ngororero no ku ruganda rw’icyayi rwa RUBAYA ruri mu Murenge wa Muhanda, itsinda riyobowe na Visi Meya Mukunduhirwe Benjamine bakoze…
Visi Meya ushinzwe Iterambere ry’Ubukungu, Bwana Patrick UWIHOREYE, afatanyije n’Umuyobozi wa OSC, basuye Umurenge wa Matyazo bagirana ibiganiro…
Habaye inama y’Itsinda rishinzwe gukurikirana ibibazo bikibangamiye imibereho myiza y’abaturage (HSI Task Force) ku rwego rw’Akarere, iyobowe na Meya…
Kuri Stade y'Akarere ka Ngororero hasojwe imurikabikorwa ry'iminsi 3 ry'abafanyabikorwa bibumbiye muri JADF ISANGANO.
Ibyaranze igikorwa:
-…