Inyubako z'amashuli zigomba kwihutishwa: Mayor Ndayambaje
Umyobozi w'Akarere Bwana NDAYAMBAJE Godefroid yabisabye ubwo yasuraga zimwe mu nyubako z'amashuli phases I&II kuri uyu wa gatatu tariki ya 5/08/2020.Yasuye GS Kinanira, Satellite ya Kimiramba, GS Kageshi, na GS Ngoma mu murenge wa Kabaya.
Igikorwa nk'iki cyabereye mu murenge wa Muhanda kiyobowe na Lt Col Kayitera JMV. Hasuwe EP Magaba, EP Muhanda, EP Bihandagara, Satellite ya Hanika. Hirya no hino mu mirenge ibikorwa birimo kugenda neza.
Twabibutsa ko mu karere ka Ngororero harimo kubakwa ibyumba by'amashuli 111 n'ubwiherero 162 (phase ya I); n'ibyumba 556 n'ubwiherero 747 (phase ya II).
Muri iyi phase ya II Guverinoma y'u Rwanda izubaka ibyumba 322 n'ubwiherero 427.
Ku nkunga ya Banki y'isi hazubaka ibyumba 244 n'ubwiherero 320.
Imirimo ya phase ya 1 igeze kure.


Mu rwego rwa gahunda y'Ijwi ry'Umuturage mu bimukorerwa, Umuyobozi w'Akarere Bwana NKUSI Christophe yakoreye mu Murenge wa Nyange aho yari kumwe…
Umuyobozi w’Akarere Bwana NKUSI Christophe ari kumwe n'Umuyobozi w'Akarere wungirije ushinzwe imibereho myiza y'abaturage Madamu Mukunduhirwe…
Uyu munsi habaye amahugurwa yerekeye ubutabazi bwihuse ku bagwiririwe b'ibiza yatanzwe n’itsinda riturutse muri Minisiteri ishinzwe Ibikorwa…
Itsinda rigizwe na Bwana KABANDA RUSANGIZA Jean Marie Vianney, Umukorerabushake mu rubyiruko ushinzwe Community Policing muri Minisiteri y’Ubutegetsi…
Umuyobozi w'Akarere Bwana NKUSI Christophe yayoboye inama nyunguranabitekerezo ngarukamwaka ihuza Ubuyobozi bw'Akarere n'Abikorera.
Inama yunguranye…
Umuyobozi w’Akarere Bwana NKUSI Christophe, afatanyije na Visi Meya ushinzwe Imibereho Myiza y’Abaturage, Madamu MUKUNDUHIRWE Benjamine yayoboye inama…
Umuyobozi w'Akarere Bwana NKUSIChristophe yayoboye inama yo gutangiza ku mugaragaro ibikorwa bya Veterinary Sanitary Mandate (VSM) mu Karere ka…
Mu mirenge yose Intore z' Inkomezabigwi icyiciro cya 13 bashoje ibikorwa by'urugerero rudaciye ingando bakoreye mu tugari mu gihe cy'iminsi 30.…
Umurenge wa Ngororero wegukanye ibikombe (gore, gabo) mu marushanwa y'Umurenge Kagame Cup 2026.Mu mikino y'umupira w'amaguru mu gice cy'rangiza ikipe…