Bwira na Kabaya: urubyiruko rw'abakorerabushake mu bikorwa byo gukumira Coronavirus

Kuri uyu wa 16/05/2020 guhera saa 9h00' kugeza 14h00'
Urubyiruko rw'abakorera bushake mu murenge wa Kabaya, akagari ka Kabaya  rwakoze igikorwa cyo gukomeza gushishikariza abaturage kwirinda icyorezo cya Corona Virus bakomeza:

1.gukaraba intoki n'amazi meza ndetse n'isabune.
2. Kwambara neza agafuka munywa  bakurikiza amabwiriza ndetse birinda abatubuzi.
3. Gukomeza kubahiriza amabwiriza ya leta ajyanye no gukumira ikwirakwira rya Covid 19 harimo gukomeza kubahiriza gahunda ya metero bategeranye aho bahurira

Mu murenge wa Kabaya                                            Mu murenge wa Bwira

Muri iki gitondo cyo kuwa 17/05/2020 Urubyiruko rw'abakorera bushake mu murenge wa Bwira akagari ka Kabarondo ruri mu bukangurambaga bwo kwirinda no gukumira icyorezo cya CORONA VIRUS mu isoko rya Kayebe kuri ibi bikurikira:

- urubyiruko rwahawe udupfukamunwa  rujya impande zose zinyuramo abantu kugirango buri wese akabone mu buryo bworoshye

- Abandi bari kujya bongera amazi muri kandagira ukarabe

Igikorwa kiracyakomeje kugeza saa cyenda isoko riremuye

Urubyiruko rw'abakorerabushake mu murenge wa Bwira

Urubyiruko rw'abakorerabushake mu murenge wa Kabaya


Ngororero: Urubyiruko rwibukijwe gukomera ku bumwe bw'Abanyarwanda

Inteko Rusange y’Inama y’Igihugu y’Urubyiruko yateranye ku nsanganyamatsiko igira iti: “Uruhare rw’urubyiruko mu kubaka ejo hazaza h’u Rwanda.”
Yafungu…

Read more →

Ngororero: NEC yagabiye inka 8 imiryango y’abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi

Ubuyobozi n’abakozi ba Komisiyo y’Igihugu y’Amatora (NEC) bagabiye inka umunani zifite agaciro ka miliyoni 10 (10,000,000 frws) imiryango y’abarokotse…

Read more →

Ngororero: Hafashwe ingamba zo gukumira Rift Valley Fever

Inama yo guhuza ibikorwa byo gukumira no kurwanya indwara y’Ubushita bwo mu Kibaya cya Rift (Rift Valley Fever – RVF) yabereye mu Karere ka Ngororero,…

Read more →

Ngororero: Urugamba rwo kurandura imirire mibi rurakomeje

Habaye inama kuri Gahunda y’Akarere yo Kurandura Imirire Mibi, iyoborwa n’Umuyobozi Wungirije w’Akarere ushinzwe Imibereho Myiza y’Abaturage, Madamu…

Read more →

Ngororero: inama mpuzabikorwa yarebye mu nguni zose z'ubuzima bw'Akarere.

Habaye inama ya komite  mpuzabikorwa  y’Akarere yabereye kuri Sitade y’Akarere  ifite insanganyamatsiko igira iti: “Imiyoborere Myiza ishingiye ku…

Read more →

Ngororero: Bene amacumbi basabwe gukumira ihohotera rishingiye ku gitsina.

Mu Murenge wa Ngororero no ku ruganda rw’icyayi rwa RUBAYA ruri mu Murenge wa Muhanda, itsinda riyobowe na Visi Meya Mukunduhirwe Benjamine bakoze…

Read more →

Umurenge wa Matyazo: Basabwe kwihutisha dosiye zerekeye ingurane

Visi Meya ushinzwe Iterambere ry’Ubukungu, Bwana Patrick UWIHOREYE, afatanyije n’Umuyobozi wa OSC, basuye Umurenge wa Matyazo bagirana ibiganiro…

Read more →

Ngororero: Hasesenguwe intambwe imaze guterwa mu gukemura ibibazo bikibangamiye imibereho myiza y'abaturge

Habaye inama y’Itsinda rishinzwe gukurikirana ibibazo bikibangamiye imibereho myiza y’abaturage (HSI Task Force) ku rwego rw’Akarere, iyobowe na Meya…

Read more →

Ngororero: JADF iIsangano yongeye kugaragaza uruhare rwayo mu iterambere ry'Akarere

Kuri Stade y'Akarere ka Ngororero  hasojwe  imurikabikorwa ry'iminsi 3 ry'abafanyabikorwa bibumbiye muri JADF ISANGANO.

Ibyaranze igikorwa:

-…

Read more →
-->