Bwira na Kabaya: urubyiruko rw'abakorerabushake mu bikorwa byo gukumira Coronavirus
Kuri uyu wa 16/05/2020 guhera saa 9h00' kugeza 14h00'
Urubyiruko rw'abakorera bushake mu murenge wa Kabaya, akagari ka Kabaya rwakoze igikorwa cyo gukomeza gushishikariza abaturage kwirinda icyorezo cya Corona Virus bakomeza:
1.gukaraba intoki n'amazi meza ndetse n'isabune.
2. Kwambara neza agafuka munywa bakurikiza amabwiriza ndetse birinda abatubuzi.
3. Gukomeza kubahiriza amabwiriza ya leta ajyanye no gukumira ikwirakwira rya Covid 19 harimo gukomeza kubahiriza gahunda ya metero bategeranye aho bahurira


Mu murenge wa Kabaya Mu murenge wa Bwira
Muri iki gitondo cyo kuwa 17/05/2020 Urubyiruko rw'abakorera bushake mu murenge wa Bwira akagari ka Kabarondo ruri mu bukangurambaga bwo kwirinda no gukumira icyorezo cya CORONA VIRUS mu isoko rya Kayebe kuri ibi bikurikira:
- urubyiruko rwahawe udupfukamunwa rujya impande zose zinyuramo abantu kugirango buri wese akabone mu buryo bworoshye
- Abandi bari kujya bongera amazi muri kandagira ukarabe
Igikorwa kiracyakomeje kugeza saa cyenda isoko riremuye


Urubyiruko rw'abakorerabushake mu murenge wa Bwira


Urubyiruko rw'abakorerabushake mu murenge wa Kabaya
Mu Karere ka Ngororero hizihijwe umunsi wahariwe ingo mbonezamikurire (ECD DAY) no kurwanya igwingira. Igikorwa cyabereye mu murenge wa Kabaya.…
Uyu munsi mu murenge wa Kavumu habaye igikorwa cyo gutangiza ku mugaragaro umushinga wa CACCE ugamije gufasha abaturage guhangana n’imihindagurikire…
Abakozi b'Akarere ka Ngororero bari kumwe na Komite Nyobozi y'Akarere n'abayobozi b'inzego z'umutekano bizihije ibirori by'Umunsi Mpuzamahanga…
Mu ma Paroisse Gatolika yo mu Karere ka Ngororero habereye ibirori byo gusoza icyumweru cyahariwe uburezi Gatolika ku nsanganyamatsiko igira iti:…
Kuri uyu wa gatandatu tariki 2/05/2026 mu Karere ka Ngororero habereye inama igamije gushimangira ikurikiranwa n’ingamba zo kurwanya indwara ya…
Ihuriro ry’Imiryango Iharanira Uburenganzira bwa Muntu mu Rwanda
(CLADHO: Collectif des Ligues et Associations de Défense des Droits de l’Homme au…
Itsinda ryaturutse muri Tony Blair Institute ryaje mu Karere ka Ngororero aho ryaje gukora ubushakashatsi ku bijyanye n'imikorere y'inzego .z'ibanze…
Umuyobozi w'Akarere wungirije ushinzwe iterambere ry’ubukungu Bwana UWIHOREYE Patrick yayoboye inama ya Komite y'Akarere ishinzwe gukurikirana…
Umuyobozi w'Akarere wungirije ushinzwe iterambere ry’ubukungu Bwana UWIHOREYE Patrick yayoboye inama ya Komite y'Akarere ishinzwe gukurikirana…