Mayor Godefrey
last seen today at 11:48
Mwiriweho. Uyu munsi kuwa 1 Mata 2020 (14h15-16h00) Radio HUGUKA yahitishije ikiganiro cy'akarere ka Ngororero ku kwirinda no gukumira Covid_19.
Cyatanzwe na Mayor NDAYAMBAJE Godefroid ari kumwe na DG w'ibitaro bya Muhororo na padiri mukuru wa paroisse Rususa uyoboye ihuriro ry'amadini n'amatorero mu Karere ka Ngororero.
Ikiganiro cyakurikiwe n'abantu benshi ukurikije ibitekerezo n'ibibazo byatanzwe biturutse ahantu hatandukanye. (Sovu, Ndaro, Bwira, Mageragere, Nyabinoni, Ruhango, Butaro,...). Muri rusange abaturage bahagaze neza mu kwirinda no gukumira iki cyorezo. By'umwihariko urubyiruko rwibukijwe gukurikuza amabwiriza rwirinda kugendagenda no kugurobereza mu ma centres.
16:54
16:57
16:57
Forwarded
17:00
Ndibuze kuyakoresha. Murakoze.
17:03
Amakuru y'ingenzi yiriwe mu Karere ka Ngororero kuwa 1 Mata 2020
1.ikiganiro kuri Radio HUGUKA cy'Akarere la Ngororero ku kwirinda no gukumira Covid_19.
Cyatanzwe na Mayor NDAYAMBAJE Godefroid ari kumwe na DG w'ibitaro bya Muhororo na padiri mukuru wa paroisse Rususa uyoboye ihuriro ry'amadini n'amatorero mu Karere ka Ngororero.
Abaturage bahagaze neza mu kwirinda no gukumira iki cyorezo, urubyiruko rwibukijwe gukurikuza amabwiriza rwirinda kugendagenda no kugurobereza mu ma centres.
2. Inama y'Umutekano mu murenge Nyange
Yayobowe na vm FED Bwana Uwihoreye Patrick ari kumwe n'umuyobozi w'ingabo mu turere twa Ngororero na Rutsiro.
Ingingo zaganiriweho:
1.Ishyirwa mubikorwa rya amabwiriza yo kurwanya covid19
2.Umutekano
3.Kwibuka ku nshuro ya 26 Je… Read more
18:53
18:56
18:56
18:56
Thanks
19:23
02/04/2020
Inama ya Task force y'Akarere yo kurwanya Coronavirus.
Yateranye uyu munsi kuwa 2/04/2020 iyobowe n'Umuyobozi w'Akarere Bwana NDAYAMBAJE Godefroid.
Yitabiriwe na : Komite Nyobozi y'Akarere, inzego z'umutekano n'abanyamabanga Nshingwabikorwa b'imirenge.
Mu myanzuro y'ingenzi harimo
gukomeza ubukangurambaga bwimbitse mu baturage bagakomeza gukumira no kwirinda Covid_19
irondo ry'umwuga ryarushaho gukora neza rigatangira kare, rigahashya abakwitwaza ibihe turimo bakiba abaturage
kurwanya abanywa inzoga rwihishwa haba mu ngo cyangwa ahandi hihishe
Ababyeyi bagomba guhoza ijisho ku bana by'umwihariko urubyiruko bakabarinda kuva mu rugo nta mpamvu.
Kudatinda mw'isoko niba uwariremye amaze guhaha cyangwa kugurisha akihutira gutaha iwe.
Am… Read more
19:10
07/04/2020
Forwarded
12:48
Mwiriwe. Mwaba mwahinduye profile ya JOC NGORORERO mukoresheje iyi foto.
12:50
Thx
12:57
Mwiriweho. Niba nta mbogamizi mwansubiza ku rubuga rwa JOC Ngororero nkabona amakuru yo gushyira kuri social media z'Akarere. Murakoze
16:49
08/04/2020
Ariko buriya Aimable arahari!kandi no ku Isonga urahari, turareba ko no kuri JOC ari ngombwa.
01:13
11/04/2020
Mwiriweho. Weekend nziza! Nagirango mbamenyeshe ko mu kanya 15h30 abashinzwe communication mu turere dufite inama na Minaloc hifashishijwe WEBEX. Turaganira ku mikoreshereze ya Toll free z'uturere n'imitangire ya raporo za buli munsi ku bijyanye na Coronavirus.
15:06
Ok
15:45
Mwiriweho. Dore iby'ingenzi byavuye muri ya nama District comms twagiranye na Minaloc
1. Toll free zigomba gukora neza 24/7. Ngo hari aho zicikagurika. Management yazo ishinzwe nde.
2. Raporo kuri Coronavirus bitarenze saa cyenda z'amanywa.
3.Kumenyekanisha hakiri kare ibikorwa by'ubukangurambaga biteganijwe buri munsi
4. Amafoto agaragaza ibikorwa byo kurwanya no gukumira Covid_19.
5. Megaphones zigomba gukoreshwa muri mobilization mu mirenge n'utugari kuko nicyo zatangiwe. Habaye monitoring basanga hari aho zidakoreshwa.
Bonsoir.
21:46
12/04/2020
Ok, byubahirizwe
09:45
17/04/2020
Raporo ku ruzinduko rw'akazi abanyamakuru ba RBA bagiriye mu Karere ka Ngororero kuwa 17/04/2020.
Ryari itsinda riyobowe n'umunyamakuru wa RC RUBAVU Bwana Sabune Olivier.
Bakoreye mu mirenge ya Nyange, Gatumba na Ngororero.
Mu murenge wa Nyange
basuye umudugu wa Nyarusange ahatuye abacitse kw'icumu rya jenoside yakorewe abatutsi baganira nabo aho bageze biyubaka
Baganiriye n'umuhinzi mworozi w'intagarugero utuye muri uyu mudugudu
Basuye urwibuto rwa Nyange Perezida wa Ibuka muri uyu murenge Bwana Rwamasirabo Aloys abasobanurira amateka ya jenoside y'aho
Mu murenge wa Gatumba
basuye urwibutso rwa Cyome naho basobanurirwa amateka y'aho ajyanye n'inzirakarengane zajugunywe mu mugezi wa Nyabarongo
Mu murenge wa Ngororero
basuye urwibutso ruri… Read more
21:11
21:12
21:12
21:12
Thx, namwe mwakoze kubana nabo
21:19
20/04/2020
You deleted this message
20:57
Inama ya Task force y'Akarere yo kurwanya Coronavirus.
Yateranye uyu munsi kuwa 20/04/2020 iyobowe n'Umuyobozi w'Akarere Bwana NDAYAMBAJE Godefroid.
Yitabiriwe na : Komite Nyobozi y'Akarere, inzego z'umutekano, DGs b'ibitaro bya Muhororo na Kabaya n'abanyamabanga Nshingwabikorwa b'imirenge.
Mu myanzuro y'ingenzi harimo
gukomeza ubukangurambaga bwimbitse mu baturage bagakomeza gukumira no kwirinda Covid_19 bashyira mu bikorwa amabwiriza yatanzwe mu nama idasanzwe y'abaminisitiri yo kuwa 17 Mata 2020.
irondo ry'umwuga rigomba kurushaho gukora neza rigatangira kare, rigahashya abakwitwaza ibihe turimo bagahungabanya umudendezo w'abaturage.
kurwanya abanywa inzoga rwihishwa haba mu ngo cyangwa ahandi hihishe. Abayobozi babifatiwemo bagahanwa bi… Read more
21:03
Ndabashimiye kuba mwanshubije ku rubuga rwa JOC Ngororero.
21:09
21/04/2020
Forwarded
07:01
Ok
07:08
Uyu wabishyizeho Jean Paul Mugabe akorera igitangazamakuru cyitwa Umuseke
07:45
Forwarded
Muri gahunda yo kurwanya Coronavirus mu Karere ka Ngororero twakoreye mu isoko rya Gatega mu Murenge wa Hindiro, muri Centre ya Kabaya,Muhanda centre ya Rubayu,ejo tuzakorera Bwira mu isoko rya Gashubi no mu murenge wa Ndaro,
07:46
Forwarded
07:46
07:46
07:46
Reba amakuru tutararanye! Kurikirana
07:47
You deleted this message
08:13
Ngororero District kuwa 21 Mata 2020
Amakuru y'ingenzi
Ubukangurambaga bwo kwirinda no gukumira Coronavirus bwakomeje.
Komite Nyobozi n'inzego z'umutekano bakoreye mu masoko na centres z'ubucuruzi mu mirenge
abaturage bibukijwe amabwriza ajyanye no gukumira no kwirinda icyorezo cya COVID-19 kugeza tariki 30 Mata 2020.
Abaje mw'isoko bakarabye intoki mbere yo kurirema
Bubahirije intera isabwa hagati y'umuntu n'undi
Croix Rouge y'u Rwanda nayo yakomeje ubukangurambaga yifashishije Sono Mobile. Yakoreye mu mirenge ya Ndaro na Bwira iza guhura n'ubunyereri
urubyiruko rwo mu murenge wa Kabaya rwakoze umuganda wo gushushanya ibimenyetso bifasha abaturage kubahiriza intera ya metero hagati y'umuntu n'undi ahatangirwa serivisi zo gutanga ifumbire n'… Read more
19:42
19:43
19:43
19:43
22/04/2020
. Ngororero District kuwa 22 Mata 2020
Ubukangurambaga bwo kwirinda no gukumira Coronavirus bwakomeje.
Mu masoko ya Kabaya na Ngororero abaturage bibukijwe amabwiriza ajyanye no gukumira Coronavirus.
Bakarabye intoki mbere yo kwinjira mu masoko
Social distancing yubahirijwe
Abantu bagendagendaga mu mihanda, mw'isoko mu de centres nta mpamvu igaragara bahurijwe hamwe ku bibuga bahabwa inyigisho n'umuyobozi w'Akarere ari kumwe n'inzego z'umutekano
Muri za boutiques hagenzuwe niba bacuruza ibiribwa n'ibikoresho by'isuku gusa
Abarenze ku mabwiriza babihaniwe bacibwa amande.
Ubukangurambaga bwanakomeje mu tugari hifashishijwe za megaphones.
Croix Rouge y'u Rwanda ku bufatanye n'Akarere ka Ngororero yakoreye ubukangurambaga bwo kwirinda no gukumi… Read more
19:05
19:08
19:08
19:08
19:08
Ok
23:26
23/04/2020
Ngororero District kuwa 23 Mata 2020 . Ubukangurambaga ku kwirinda no gukumira Coronavirus bwakomeje :
Ngororero sector
ubukangurambaga bwakozwe mutugari hose harebwa abinjiye ndetse n'uko ubuzima bw'abari mu kato mu ngo 14 buhagaze. Kugeza ubu bameze neza
Muri centre ya Ngororero habayeho gukangurira abayituye n'abacuruzi gukoresha udupfukamunwa.
gushyira intera hagati y'umuntu n'undi no gukaraba intoki kenshi bimaze kumenyerwa.
Kavumu sector hagenzuwe ishyirwa mu bikorwa rya social distancing n'ikoreshwa rya Kandagira ukarabe muri centres z'ubucuruzi.
Kabaya sector ubukangurambaga bwibanze k'uburyo COVID-19 yandura, ibimenyetso n'ukuntu umuntu yayirinda.
Sovu sector
hagenzuwe ubucucike mu muhanda no mudusanteri.
Hifashishijwe m… Read more
20:42
20:43
20:43
20:43
24/04/2020
Ngororero District kuwa 24 Mata 2020 .
Ubukangurambaga ku kwirinda no gukumira Coronavirus bwakomeje:
Mu murenge wa Kageyo hifashishijwe megaphones ubukangurambaga bwabereye mu tugari twa Mukore, Rwamamara na Kageshi
Mu murenge wa Hindiro( isoko rya Gatega), Sovu( Isoko rya Birembo), abagize Task Force yo kwirinda COVID-19 bahakoreye ubugenzuzi bareba iyubahirizwa ry’amabwiriza muri ayo masoko by'umwihariko social distancing
Mu mirenge yose hagenzuwe Centres z’ubucuruzi harebwa ko nta tubali twimukiye mu ngo , ko bacuruza ibiribwa, ko bafite Kandagirukarabe zikora neza kandi zinakoreshwa,
Abaturage bakomeje gukangurirwa uko bakwirinda Coronavirus n’ibimenyetso byayo hakoreshejwe megaphones.
Banahamagariwe kwambara udupfukamunwa nk’uburyo bwo kwir… Read more
20:33
20:34
20:34
20:34
Kuba umushinga ubungabunga umugezi wa Sebeya wongeye gukora byahaye icyizere abawuturiye
Imwe mu mishanga igamije kurwanya isuri ijyana ubutaka mu Mugezi wa Sebeya, harimo guca amaterasi, no kwita ku binyabuzima biri hafi y’umugezi wa Sebeya, yatangiye kongera (...)
www.kigalitoday.com
22:15
25/04/2020
Thx
07:32
Ngororero District kuwa 25 Mata 2020
Ubukangurambaga bwo kwirinda no gukumira Coronavirus bwakomeje:
Command Posts z'utugali mu mirenge yose zakurikiranye ishyirwa mubikorwa ry'amabwiriza yo gukumira ikwirakwira rya Coronavirus.
Mu murenge wa Kabaya Mayor, VmASOC n'umuyobozi w'ingabo bakoreye mw'isoko rya Kabaya bagenzura social distancing, isuku y'ibiganza, udupfukamunwa mu bacuruzi.
Mu murenge wa Ngororero hifashishijwe megaphone abaremye isoko bakanguriwe kwirinda COVID-19 mu ngo zabo bubahiriza amabwiriza bahabwa buri munsi.
Mu murenge wa Sovu hagenzuwe ishyirwa mu bikorwa ry'amabwiriza yo kwirinda Coronavirus mu midugudu yose harebwa abantu bashinze utubari mungo. Aho byagaragaye bagiriwe inama yo kubireka.
Ubutumwa bwatanzwe n'ubwo gukomeza kw… Read more
21:28
Forwarded
21:36
Forwarded
21:36
Forwarded
21:36
26/04/2020
Ngororero District kuwa 26 Mata 2020
Ubukangurambaga bwo kwirinda Coronavirus bwakomeje:
Mu murenge wa Matyazo
mu kagari ka Gitega higishijwe abantu birirwa mu ma centres y'ubucuruzi ntacyo bakora basabwa kubicikaho
mu kagari ka Rutare ubukangurambaga bwakorewe mimudugu hifashishijwe megaphone
Mu murenge wa Muhanda
mu kagari ka Rutagara hakozwe inama yahuje ibimina by'abahetsi, abakuriye centre z'ubucuruzi ndetse n'abajyanama b'ubuzima. Baganiriye kuri gahunda zo kwirinda Covid -19 ndetse no gutegura neza MUSA 2020-2021.
mu kagari ka Gasiza ubukangurambaga bwakorewe mu midugudu hifashishijwe megaphone
Mu murenge Kabaya
Ubukangurambaga n'igenzura n'ishyirwamubikorwa ry'ingamba zo kurwanya Corona Virus bwakorewe mutugali twose, ku bufatan… Read more
21:07
27/04/2020
Ngororero District kuwa 27 Mata 2020
Ubukangurambaga bwo gukumira ikwirakwira rya COVID-19 bwakomeje.
Mu murenge wa Kabaya hagenzuwe niba abaturage bakomeje kubahiriza amabwiriza yo kwirinda Covid-19, hakozwe ubukangura mbaga ku batubahiriza amabwiriza, bibutswa uburyo Covid yandura, ibimenyetso n'uburyo bwo kuyirinda.
Mu murenge wa Bwira habaye inama yahuje abakozi b'umurenge, abayobozi b'utugari n'imidugudu , ukuriye abajyanama b'ubuzima mu kagari, Titulaire wa HC Gashubi. Yibanze ku kurushaho gushyira mu bikorwa amabwiriza yo kwirinda COVID-19 no kurushaho kugenzura uko yubahirizwa.
Mu murenge wa Muhanda ubukangurambaga bwabereye mu tugari dutandukanye abaturage bakomeza gushishikarizwa kwirinda COVID-19.
Mu kagari ka Gasiza ubuyobozi bwako b… Read more
15:53
15:57
15:57
15:57
THURSDAY
Ngororero District. Amakuru y'ingenzi yiriwe kuwa 30 Mata 2020
Guverineri w'Intara y'Iburengerazuba Bwana Munyantwari Alphonse yagiriye uruzinduko rw'akazi mu Karere ka Ngororero.
Yari aherekejwe n'inzego z'umutekano ku rwego rw'Intara. Bakiriwe na Komite Nyobozi y'Akarere iri kumwe n'inzego z'umutekano ku Karere.
Bagiranye inama na :
abanyamabanga nshingwabikorwa b'imirenge
abayobozi b'ibitaro n'ibigo nderabuzima
abagarariye amadini n'amatorero
abikorera
abayobozi b'utugari n'imidugudu b'umurenge wa Ngororero
abayobozi b'inzego z'abagore n'urubyiruko
abajyanama b'ubuzima.
Inama yibanze ku ngingo zikurikira
uburyo Akarere gakumira ikwirakwira rya COVID-19
ibiza byibasiye Akarere muri iki gihe cy'imvura.
uko umutekano wifas… Read more
19:04
19:08
19:08
19:08
Thx
21:00
Ntabwo mbonye inama ,'abayobozi, nayo yishyireho
21:18
Iyabereye kuri Guest nayo iriho. Amafoto nabonye ku meza imbere y'abashyitsi hari thermos na tasses z'ibyayi ndayihorera
23:01
FRIDAY
ok
05:57
13:21
13:21
13:21
Mwareba no muri aya
13:22
Ok
14:50
Ubukangurambaga bukwiye gukomeza kwibanda mu mudugudu.
22:32
TODAY
Thx
01:16